in

Umukinnyi w’ikipe ya APR FC yakojejwe isoni n’umutoza w’ikipe y’igihugu cye wari wamwitabaje ahabwa iminota idahagije yo gukina kandi bavuga ko ari igitangaza

Umukinnyi w’ikipe ya APR FC yakojejwe isoni n’umutoza w’ikipe y’igihugu cye wari wamwitabaje ahabwa iminota idahagije yo gukina kandi bavuga ko ari igitangaza

Ku munsi w’ejo hashize nibwo ku mugabane w’Afurika hakinwaga umukino wa nyuma usoza amatsinda yo gushaka itike yerekeza mu gikombe cy’Afurika.

Muri iyi mikino abakinnyi benshi bakina hano mu Rwanda bahamagawe mu makipe y’ibihugu byabo. Umwe mu bakinnyi b’ikipe ya APR FC Taddeo Lwanga yaje yagizwe igitangaza ndetse aza no guhamagarwa mu ikipe y’igihugu ya Uganda ariko mu mukino yahawe iminota 10 gusa ubwo bakinaga na Niger.

Ikipe y’igihugu ya Uganda yasezerewe mu itsinda yari iri kumwe na Tanzania, Algeria ndetse na Niger. Nubwo iyi kipe yasezerewe yari yabashije gutsinda ibitego 2-0 ariko n’ubundi biba iby’ubusa kubera ko yahise igira amanota 7 ariko Tanzania yanganyije na Algeria ikomeza ifite amanota 8.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inzugi yari yarazimaze! Abaturanyi ba Kazungu Denis bavuze ukuntu nyirinzu yazaga kumwishyuza ubukode agahita akuramo urugi akarugurisha akamwishyura

Inkuru itari nziza ku bakunzi ba filime ya Seburikoko bayireberaga kuri Televiziyo Rwanda