in

Umukinnyi wa Rayon Sports yacecekesheje bikomeye abakomeje kumusunikira mu ikipe yoroshye hano mu Rwanda kurusha Gikundiro

Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports Joachim Ojera nyuma yo kuvugwa ko ashobora kwerekeza mu ikipe ya Gasogi United, uyu musore yagize icyo abivugaho.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri nibwo haje amakuru avuga ko ikipe ya Gasogi United ibifashijwemo n’umugande utoza iyi kipe Paul Kiwanuka, batangiye ibiganiro na URA FC yatije Ojera muri Rayon Sports bashaka ko umwaka utaha yakereza muri iyi kipe ya KNC.

Ibi nyuma yo kubivugwa cyane, Joachiam Ojera yaje kwemeza ko ubu akitaye kuri Rayon Sports atavuga kuhazaza he.

Yagize Ati ” Sinshobora kuvuga kuhazaza hanjye kuko icyo ndebe kugeza ubu ni Rayon Sports kandi niyo kipe yanjye nemera.”

Uyu mukinnyi yaje no gutangaza ko atareba igitego yatsinze ahubwo areba ko ikipe yose yabashije kubona intsinzi kuko iyo batsinze batsindira hamwe batsindwa kandi bagatsindirwa hamwe.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bwanyuma na nyuma Titi Brown agiye kuburana

Umunyadushya Keza Terisky yakoreye imfura ye ikinu cyatunguye benshi bakoresha Instagram -IFOTO