in

Umukinnyi wa filime ukunzwe mu Rwanda yasezeranye n’umukunzi we

Charles Nkurikiyinka wamamaye nka Geoffrey muri filime ‘Umuturanyi’ yasezeranye n’umukunzi we bitegura kubana.

Geoffrey benshi bakunda kwita Umukonyine, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Kayirangwa Josiane bamaze igihe bakundana.Nk’uko bigaragara mu mafoto yagiye hanze.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Uri mwiza imbere n’inyuma mwamikazi wanjye” umuhanzi Emmy yifurije isabukuru umufasha we mu magambo y’urukundo

Gareth Bale akomeje kubuzwa amahwemo nyuma yo gusezera ruhago burundu