in

Umukinnyi wa APR FC yeretse umupira w’amaguru ajya gutunganya umuziki

Umunyarwanda  akaba umuhanga mu gutunganya umuziki uzwi ku izina rya Tell Dhem ubarizwa muri Studio ya Zaba Missed Call, yahishuye ko mbere yo kujya muri uyu mwuga, yabanje kuba umukinnyi wa APR FC binyuze mu ikipe y’abato yayo ‘Intare FC’.

Uyu musore mu kiganiro na InyaRwanda dukesha iyi nkuru yavuze ko mbere yo kwinjira muri muzika mu buryo bwo gutunganya amajwi y’indirimbo, yabanje gukina umupira w’amaguru akinira ikipe ya APR FC mu bato bayo ‘Intare FC’.

Tell Dhem yavuze ko yaretse gukina umupira muri 2020 ubwo hateraga icyorezo cya Covid 19 yazengereje Isi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kibonke Clapton yarabazwe akurwamo igihaha kimwe

Benshi baziko ntacyo yabaye! Matheus Nunes ukinira Manchester City yaraye agize imvune ikomeye y’urutoki -Amafoto