in

Umukinnyi PSG yari kugura ngo azayiheshe Champions League yaguye mu kibuga kubera indwara y’igicuri

Umukinnyi wa Hamburg witwa Saido Balde yajyanywe mu bitaro nyuma yo kugwa mu kibuga umukino urimbanyije.

Balde w’imyaka 14, yifuzwaga n’amakipe arimo Paris Saint-Germain, Borussia Dortmund na Benfica.

Nkuko Bild ibitangaza, Balde yituye hasi ku munota wa 60 ubwo yiteguraga kujya mu kibuga asimbuye  bikekwa ko ari uburwayi bw’igicuri.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo gukora ubukwe, urubanza rwa Prince Kid rwasubitswe

“Sha man ni uko byagenze” mu mvugo idasanzwe, Vestine yatangaje ko yibwe amafaranga yose yahawe (Video)