in

Umukecuru w’imyaka 82 yasoje kwiga kaminuza n’abuzukuru be biganye

Ntago bikunze kubaho ko umuntu ukuze kugera ku kiciro cy’abantu bakuze cyane ko aba agishaka kwiga ore ko bavug ko ari ibyabana baba bagikeneye kuzagira ejo heza hazaza.

Mae Beale wamaze igihe kinini ari umuforomokazi, yari amaze iminsi subiye ku ishuri gukurikirana amasomo mu bijyanye n’ubucuruzi muri University of Maryland.

Yatangaje ko yasubiye kwiga ibijyanye no gucunga ubucuruzi kugira ngo bimufashe mu bucuruzi bwe bwo gutegura ibirori.

Avuga ku buryo yinjiye mu byo gutegura ibirori, Beale yagize ati: “Ubwo nakoraga muri Medicaid Services, hari ibirori by’abantu benshi nateguye hanyuma buri wese biramushimisha. Kuva ubwo natangiye kuba umuhuzabikorwa mu by’ikoranabuhanga mu nama zose babaga bateguye”.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibya Cristiano Ronaldo muri manchester united byarwaniyemo imbwa

Abakunzi ba Fanta bashyizwe igorora bagiye kujyana nibigezweho