in

Umuherwekazi Alliah Cool yasubije abanyamakuru ibisubizo bitangaje bamubazaga ku byamamare bitandukanye hano mu Rwanda

Umukinnyi wa filime nyarwanda wabigize umwuga, Isimbi Alliance uzwi nka Alliah Cool yahaye ibisubizo bitangaje abanyamakuru bakora ikiganiro The Choice Live ku Isibo Tv ubwa bamubazaga ibibazo bitandukanye ku byamamare nyarwanda.

Alliah Cool yabajijwe umukobwa yahitiramo umuntu w’umugabo aramutse ashaka umugore, hagati ya Yolo The Queen na Mimi Mirage maze avuga ko yamuhitiramo Mimi.

Abajijwe guhitamo hagati ya Gratien uzwi nka Papa Sava ndetse na Bamenya, uwo yakemera ko amubera umugabo mu gihe aribo mahitamo yonyine asigaranye. Alliah yasubije ko muri abo bombi nta numwe yahitamo ahubwo ubwo yahitamo kugumirwa ntazashake umugabo.

Nanone kandi Alliah Cool yabajijwe guhitamo mu bahanzi Platin ndetse na Meddy, uwo abona ubikora neza maze adatindiganyije yavuze ko yahitamo Platin.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abafana ba Rayon Sports bageze i Kigali imodoka ziparikwa ku ruhande ziva mu nzira – VIDEWO

Ifoto y’umunsi: Ifoto y’umubyeyi wagaragaye muri sitade ya Huye ateruye uruhinja ikomeje kuzamura amarangamutima y’abenshi!