in

Umuherwe wa Facebook, Mark Zuckerberg ari mu byishimo bikomeye n’umuryango we

Umuyobozi mukuru wa Facebook, Mark Zuckerberg, n’umugore we, Priscilla, bategereje umwana wabo wa gatatu.

Mark yatangaje inkuru nziza Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki ya 21 Nzeri.

Ati: “Urukundo rwinshi. Nshimishijwe no kumenyesha Max na August ko bagiye kuzabona mushiki wabo umwaka utaha”

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyafurika washakanye n’umuzungu agiye gusubizwa iwabo muri Nigeria nyuma yo gufatwa aca inyuma umugore we

Umukinnyi wa Rayon Sports niwe wagizwe Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 23