in

Umuhanzi ukomeye yaguye ku rubyiniro ahita apfa

Umuhanzi, Umu-Dj, umunyamakuru Arif Cooper akaba n’inshuti ya Sean Paul, yaguye ku rubyiniro ahita yitaba Imana ku wa 5 Werurwe 2023.

Arif Cooper yavukiye mu gihugu cya Jamaica Kingston akaba yaratangiye umwuga wo kuvanga imiziki kuva mu mwaka wa 1991 kugeza mu mwaka wa 2023 ari nawo mwaka yitabiyemo Imana ubwo yarimo avangavanga umuziki.

Kugeza magingo aya, ntabwo hari hamenyekana icyaba cyateye urupfu rw’iki cyamamare muri Jamaica gusa iperereza rirakomeje.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu Joachiam Ojera wa Rayon Sports yatanze ubutumwa ku bakunzi ba Rayon Sports

Yifuza kuba igipupe, umugore wibagishije iminwa asigaye ateye ubwoba (amafoto)