in

Umuhanzi Sintex ndetse na Mukunzi ukinira ikipe ya Gorilla FC bombi batawe muri yombi

Mazimpaka Arnold wamenyekanye nka Sintex,  Mukunzi Vivens ukinira ikipe ya Gorilla FC ndetse n’abandi basore 2, aribo Ndikumana Yvan uzwi nka Navy Amaru akaba n’umuhanzi w’i Burundi batawe muri yombi aho bakurikiranyweho icyaha cyo kunywa ibiyobyabwenge.

Undi ni Uwambajimana Valentine we ukurikiranyweho gucuruza ibi biyobyabwenge nyuma yo gufatanwa udupfunyika 889 tw’urumogi.

Aba bombi bafashwe hagati ya tariki 3-5 bakaba bacumbikiwe kuri Sitasiyo za RIB zirimo iya Kacyiru, Gikondo na Kicukiro mu gihe dosiye zabo zikiri gutunganywa kugira ngo zishyikirizwe Ubushinjacyaha.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imodoka ya nyakwigendera Paul Walker yagurishijwe akayabo mu cyamunara

Menya igisobanuro kimbitse cy’umubare 666 naho wakomotse umenye n’uburyo wirirwa uwukoresha utabizi! dore ko wanditswe no muri bibiliya