in

Umuhanzi Marina Deborah yatumye abantu bacika ururondogoro kubera ikibazo yabajije abamukurikira kuri Instagram

Umuhanzikazi ukunzwe cyane hano mu Rwanda Marina Deborah yatumye abantu bacika ururondogoro nyuma yo kubaza ikibazo abantu bamukurukira ku rubuga rwa Instagram.

Marina Deborah yabajije abamukurikira ku rubuga rwa Instagram ati:” Reka mbibarize sibyo? Wari wakundana n’umuntu umukunda pe ariko ukajya ubona umunsi umwe aza kwica” maze mutsi arongera arandika ngo:” Cyane cyane ndikubaza abagore n’abakobwa”.

Akimara kubaza iki kibazo Marina yahise atangira gusubizwa n’abakunzi be bamukurikira ku rubuga rwa Instagram maze bavuga uko babyumva.

Dore bimwe mubyo bagiye babivugaho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ariko birahenze! Igisubizo cyabonetse ku basore n’abagabo bagufi bifuza kongera uburebure

Bisaba gushishoza: Shaddy Boo yagaragaye mu isura nshya asa nk’umugabo – VIDEWO