in

Umuhanzi Eddy Kenzo byamutwaye gukora ibidasanzwe kugirango aririmbe i Dubai.

Eddy Kenzo yahishuye byinshi kuva yatangira kuririmba ,aho yahishuye uburyo yahinduye imyaka ye kugira ngo abashe kubona ibya ngombwa mu gitaramo cya mbere yaragiye gukorera hanze Uganda muri Dubai

Uyu mugabo ufite inzu ifasha abahanzi ya Big Talent mu kiganiro n’ikinyamakuru Howwebiz yavuze ko afite imyaka 17 yatumiwe mu gitaramo I Dubai kandi muri icyo gihugu bemerara abahanzi bafite Imyaka 20 kuhataramira gusa kandi atarifuzaga kubura ayo mahirwe byamusabye kwongera imyaka 3 kuyo yari afite .

Yagize ati “Nari mfite imyaka 17 gusa ubwo nahamagarwaga gukorera igitaramo i Dubai. Kandi byansabaga kuba mfite imyaka 20 ntagomba kugisiba”.

Kugeza ubu Eddy Kenzo amaze gukorera ibitaramo byiza kandi bikomeye muri Uganda, Afurika.Uburasirazuba bwo hagati, n’Uburayi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Video: Ubuzima buraryoshye kuri Pamela na The Ben bibereye ku kirwa

Ibyo umutware w’umunyamakuru Sandrine Isheja Butera yamukoreye ubwo yamusangaga muri studio (video)