in

Umuhanzi Davis D yahaye gasopo Harmonize amwiyama ku bakobwa b’i Kigali

Umuhanzi David D yifatiye ku gahanga Harmonize waraye ugeze mu Rwanda mu ijoro ryahise amubwira ko mbere yo kugira umwana w’umunyarwandakazi akoraho agomba kubanza kumusaba uruhushya kandi ikindi atakagombye kubariza abakobwa beza kuri Bruce Melody.

Ibi byari biturutse kukuba Harmonize yavuze ko kimwe mu byo akunda ku Rwanda harimo abakobwa beza , ni mu gihe nyamara ubwo uyu muhanzi yageraga mu Rwanda yakiriwe na Bruce Melodie usigaye ari inshuti ya hafi ya Harmonize , ibyo Davis D yavuze ko bitari bikwiye kuko Bruce amugeza ku bakobwa babi gusa.

Yifashishije ibyari byatangajwe na Harmonize ku rubuga rwa instagram , Davis D yagize ati:” Muvandimwe Harmonize nimba ushaka abana kuri Bruce Melody ntabo uribubone ,araguha abana bafeke gusa ,ni gute ubariza ahwibintu  bitari nimba ushaka  only beautiful girls come to me icyindi kandi umunyarwandakazi ni don’t touch”

Yakomeje agira ati:” Next time ujyubanza umbaze nugera ku munyarwandakazi ninjye mwami w’abana hano mumurwa” 

Davis D yihanije Harmonize amubwira ko abanyarwandakazi badapfa gukorwaho
Davis D yihanije Harmonize amubwira ko abanyarwandakazi badapfa gukorwaho

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bikomeje kuba urujijo; Umugabo wa Bijoux yageze i Kigali atungurwa no kumva inkuru zuko umugore we yabyaye, yagize icyo abivugaho

“Isabukuru nziza ku rubavu rwanjye, kubana nawe ni impano iruta izindi zose nabonye” – Umufasha wa Arthur Nkusi yifurije isabukuru nziza umugabo we