in

Umuhanzi Bushali yatunguye benshi avuga izina ritangaje azaha ikipe ye

Umuhanzi Bushali udasiba mu binyamakuru kubera udushya akunze gutangaza mu biganiro bitandukanye akora buri munsi.

Kuri uyu munsi benshi batunguwe no kumva izina 11 du Bure agiye guhereza ikipe agiye gushinga nkuko yabivuze mu kiganiro 10sports.

Bushaki ukunze kuvuga ko we yibera mu ijuru ndetse ko ari kubona Petero ndetse kuri we yemeza ko ijuru biterwa nuko buri wese arifata, bityo ngo we abona yibanira naba petero.

https://www.instagram.com/reel/Cgt8PHfKNo7/?igshid=YmMyMTA2M2Y=

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wa mukobwa wabaye igitaramo ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo Kwambara ikanzu ibonerana yavuze amagambo akakaye (Ifoto)

Itangazo rigenewe buri mwarimu wese mu Rwanda