in

Itangazo rigenewe buri mwarimu wese mu Rwanda

Hagiye havugwa mu nkuru zitandukanye ko umwarimu abayeho ubuzima bukomeye kubera umushahara kandi ubuzima bwarahenze ku isoko.

Abarimu bo mu Rwanda bongerewe umushahara muri ubu buryo:

▪︎Abafite A2 bongerewe 50,849 FRW

▪︎Abafite A1 bbongerewe 54,916 FRW

▪︎Abafite A0 bongerewe 70,195 FRW

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Bushali yatunguye benshi avuga izina ritangaje azaha ikipe ye

Biravugwa ko abongerezakazi bashobora kuba batinganye nyuma yo gutwara igikombe cya euro (amafoto)