in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Umugore yashinjwe kwica umugabo we afungwa imyaka 25 kandi umugabo ari muzima

Umugore yashinjwe kwica umugabo we abifungirwa imyaka 25 gusa umurambo w’umugabo we ntiwigeze ugaragara.

Nyuma yaratashye biza kugaragara ko umugabo atapfuye ahubwo yibaniraga n’undi mugore. Uwo mugore we mugahinda kenshi ajya kumureba kwihangana biranga amukubita I vase arapfa noneho byanyabyo.

Umugore yongera kugezwa imbere y’urukiko ashinjwa ubwicanyi bw’umugabo we kd wibukeko icyo cyaha yari yaragifungiwe akanarekurwa. Niba hari abanyamategeko hano batubwire uko uru rubanza ruzacibwa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nubona ibi bimenyetso uzamenye ko umutima wawe udakora neza

Akayabo k’amafaranga ikipe y’U Rwanda, Amavubi, ikoresha ku mwaka yamenyekanye