in

YEGOKOYEGOKO NdababayeNdababaye

Umugore yakoze ibidasanzwe ashyingiranwa n’inka afata nk’umugabo we (Amafoto)

Umugore yashakanye n’inka nyuma yo kumusoma bigatuma yizera ko iyi nyamaswa ari umugabo we wapfuye yongeye  kuzuka akaza muri roho y’iyi nka.

Amashusho adasanzwe yashyizwe hanze, yerekanye madamu Khim Hang w’imyaka 74, ari mu ’byishimo byo gushyingiranwa’n’iyi nka mu rugo rwe mu ntara yo mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa Cambodia yitwa Kratie.

Uyu mugore yategetse abana be kwita kuri iyo nka nyuma y’urupfu rwa se kandi ashimangira ko bagomba kuyifata nk’uko babikoreraga se.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Oliver Kwizera yavuze ukuri mutamenye ku bye na Rayon Sport impamvu atari mu myitozo nk’abandi

Amandah Darling yavugishije abatari bake mu gitaramo cya Kigali Kanivore,reba uburyo yabyinishije DJ Pius(Video)