in

Umugore wiyongeresheje amabere, rimwe ryaturitse ahita akora ibiteye ibitwenge

Uyu munyamideli yari yarigaruriwe no kongera amabere akaba manini cyane mu buryo budasanzwe ariko nyuma yashyize hanze amafoto asigaranye amabere mato nyuma yo kwemera kuyagabanya kubera ko mu minsi ishize hari iryo yongereye rigasandara (Rigaturika).

Nk’uko byakomeje kujya bitangazwa mu ntangiriro z’iki cyumweru,uyu munya Mexico w’imyaka 30 nibwo yerekanye amabere mato nyuma yo kugabanya amabere manini mu buryo budasanzwe yari afite.

Nyuma yo guturika ibere rimwe, yahise yongera asubira ku mwimerere w’amabere mato ari nayo yahoze kuva na kera yanga.

Ibinyamakuru bitandukanye byagarutse kuri uyu mugore washatse kenshi kwihinduranya umubiri bivuga ko kubera kongeresha amabere buri gihe yagiye aramubyimbana kugeza ubwo rimwe rituritse asigara nta bere.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wagira ngo ni impanga! Ihere ijisho ifoto yavugishije abatari bake i Nyarugenge y’umusore usa neza nka Bukayo Saka

Dore uburyo bwiza (positions) wateramo akabariro umugore mwabikoze akazahora akurota iteka ryose