in

Umugore wa pasiteri yarwaniye inkundura mu rusengerero n’umugore washakaga gusuhuza umugabo we|abari buzuye umwuka barumirwa.

Umugore wa pasiteri yateje akavuyo mu rusengerero ubwo yarwanaga n’umugore washakaga gusuhuza umugabo we, maze 8byari amasengesho bihinduka induru. Aba bagore babiri, bagaragaye mu mashusho bari kurwana. Mu kinyamakuru Occupyghana batangaza ko aba bagore baba bapfuye kuba umwe yageze ku rubyiniro ‘Altar’ agashaka gusuhuza Pasiteri wari uyoboye inyigisho, ni bwo umugore we yahise amusimbura barafatana bararwana.

Amakuru akomeza avuga ko abarwaniye mu rusengero hatamenyekanye idini iryo ariryo n’aho riherereye, gusa abantu bari bahimbawe bari mu mwuka bose bahise babivamo bajya gukiranura abari kurwana. Umujinya w’umuranduranzuzi ku mugore wari hejuru ahondagura uri hasi yamufashe mu ijosi, birangira babakiranuye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rick Ross ntiyemeranya n’abavuze ko gukinisha J.Cole muri BAL ari agasuzuguro

Umugabo yatungiye abantu ubwo yajyaga gushyingura Papa we afite intare nzima.