in

Umugabo yatungiye abantu ubwo yajyaga gushyingura Papa we afite intare nzima.

Umugabo w’umucuruzi muri Nigeria yakoze agashya kaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga ubwo yajyaga gushyingura se umubyara afashe intare nzima mu ntoki mu rwego rwo gukanga abakekwaho kumwica.

Uyu mugabo wo muri Leta ya Anambra, yagaragaye mu muhango wo gushyingura se afashe iyi ntare nzima bituma abari bitabiriye uyu muhango bagira ubwoba ndetse bamwe muri bo bakwira imishwaro.

Mu mashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga agakwirakwira cyane,uyu mukire ntiyatinye gukanga abantu bari bitabiriye uyu muhango kubera iki gikoko yari afite akinjira mu bantu byatumye bamwe bicwa n’ubwoba barahunga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore wa pasiteri yarwaniye inkundura mu rusengerero n’umugore washakaga gusuhuza umugabo we|abari buzuye umwuka barumirwa.

Wa musore bitaga inkende ibimubayeho ntibisanzwe||umubyeyi we asutse amarira abonye ibibaye.