in

Umugore wa Alpha Rwirangira yavuze ikintu cya mbere yakundiye umugabo we

Liliane Umuziranenge, umugore wa Alpha Rwirangira, yavuze ikintu cya mbere cyatumye akunda umugabo we, Alpha. Ni nyuma yuko Lily yari asabye abamukurikira kumubaza ibibazo bitandukanye maze nawe akabasubiza.

Umwe ku bamukurikira yaje kumubaza agira ati « Niki cyatumye ukunda Alpha cyane? Ikintu kimwe ». Lily yahise asubiza agira ati « Avuga ukuri ».

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yaciye agahigo ko kwiteza inkingo enye za coronavirus icyarimwe.

Kigali: indaya zirarira ayo kwarika muri ibi bihe bya guma murugo.