in

Umugore utwite arahangayitse yibaza uwamuteye inda

Umugore utwite yavuze atibuka uwamuteye inda , nubwo akeka ko umugano we n’uwahoze ari umukunzi we ari bo baheruka kuryamana mu ntangiriro z’uyu mwaka.

Uyu mugore yavuze ko yasamye ariko yayobewe se uwo ari we uri hagati y’umugabo we y’uwahoze ari umukunzi we.

Nk’uko uyu mudamu abitangaza ngo we n’umugabo we bamaze imyaka igera kuri ine bagerageza gusama ariko byaranze.

Mu nkuru yasangiwe na On Air Personality, Kendra G, umugore wubatse yavuze ko yari amaze amezi atatu aryamanye na ex we mbere yo kumenya ko atwite.

Umugore yahisemo gushaka inama ku mbuga nkoranyambaga kugirango amenye niba agomba kubwira umugabo we hakiri kare ko umwana ashobora kuba atari uwe cyangwa niba agomba gutegereza kugeza yibarutse.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto y’umubyeyi wa Bwiza akomeje kuvugisha abatari bacye bavuga ukuntu afite ubwiza nk’ubwa Bwiza umukobwa we

Musanze: umukobwa w’imyaka 16 watewe inda n’umuntu atazi aratabariza(video)