in

Umugeni w’isugi yarwanye inkundura n’uwari ugiye kumurongora nyuma yo gusanga afite ubugabo bunini cyane

Umugeni yarwanye n’umugabo wekumunsi w’bukwe ubwo bari bageze mu gitanda maze agasanga afite ubugabo bunini cyane.Uyu mugeni bivugwa ko ari uwo muri Nigeria ngo yari akiri isugi yarwanye n’umukunzi we ubwo bagerageraga mu buriri agatungurwa n’ubunini bw’ubugabo bwe.

Amakuru avuga ko imihango y’ubukwe yari yagenze neza ndetse abari bitabiriye ubukwe bose bishimye.Gusa ibintu byaje guhindura isura ubwo aba bombi bageraga mu busaswa maze umugeni utarigeze aryamana n’umugabo n’umwe akabona ibyo atigeze abona.Mu byukuri ngo igitsina cy’umusore cyari kinini ugereranyije n’uko umukobwa yanganaga.Uyu mugeni ngo byamunaniye kwihangana atangira gukubita umugabo we ndetse aramukomeretsa avuga ko yanze kumubwiza ukuri igihe barambagizanyaga.Amakuru avuga ko kandi uyu mugeni yanabwiye umugabo we ko abona atari we yari yaragenewe kuko batandukanye cyane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abafana ba Meddy na The Ben birekuye bahitamo couple irenze hagati y’iya Meddy n’iya The Ben

Utuntu tudasanzwe abagore bihariye dutangaza abagabo