in

Umugeni byamubanye intambara kwinjira mu modoka imugeze aho ubukwe bwabereye

Ku mbuga nkoranyambaga hari gusakazwa amashusho y’umugeni wananiwe kwinjira mu modoka yagombaga kumugeza aho ubukwe bwabereye , biba ngombwa ko hiyambazwa abagabo babiri kugirango abashe kwinjira mu modoka.

Uyu mugore yananiwe kwinjira mu modoka ahanini bitewe n’umubyibuho ukabije yari afite watumaga atabasha kwishyigura ngo yiyinjire mu modoka , ndetse n’umuryango usa nkuwamubanye muto.

Ibi byatumye hiyambazwa abagabo bari hafi aho umwe anyura mu muryango hirya ajya ku mukurura ,mu gihe undi nawe yarimo amusunikira aho yinjiriraga, biza kurangira umugore abashije kujya mu modoka nubwo byafashe umwanya.

Ibi bikaba byabereye mu gihugu cya Nigeria

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Feitoto yahishuye icyatumye atandukana na Yanga Sc

Impanuka ikomeye yahitanye abantu 21