Kabuhariwe muri shampiyona ya Tanzania , Feisal Salum Abdalla bakunze gutazira Feitoto ukinira Young Africans yahishuye impamvu yatumye atandukana na Yanga Sc anavuga ko ari nta rukundo na rucye afitiye iy’ikipe.
Ikinyamakuru The Sports Arena ntikigeze cyerura neza ngo kivuge icyo Fei yapfuye na Yanga ,gusa bavuga ko uyu mukinnyi yavuze ko yanyuze muri byinshi bibaje ubwo yari muri iy’ikipe ndetse ko ari nta wundi mubano agirana na Yanga Sc.
Fei avuga ko bitewe n’agahinda yahuriye nako muri Yanga ariko katumye afata iya mbere akayivamo ,kugeza kuri ubu akaba ari gukinira Young Africans.
Mu mpera z’umwaka byari byavuzwe ko Fei Toto ashobora kwerekeza muri Simba