in

Umugabo yatemye mugenzi we nyuma yo kumusanga iwe ari kumusambanyiriza umugore

Mu karere ka Burera mu murenge wa Rugengabari, haravugwa inkuru y’umugabo wakomerekeje mugenzi we akoresheje umuhoro, bikavugwa ko yamusanze iwe amusambanyiriza umugore.

Kwizera Faustin, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Mucaca, wari mu batabaye, avuga ko ibyo bibazo byabayeho, ariko ko mu makuru afite ngo byaba byaratewe n’amakimbirane yo muri uwo muryango.

Ati “Icyo tuzi kuri urwo rugo, ni amakimbirane umugore asanzwe afitanye n’umugabo we ashingiye ku kuba bacana inyuma. Ubwo rero muri iryo joro uwo mugabo afatira mugenzi we iwe mu rugo amusambanyiriza umugore, nta bimenyetso dufite by’uko bari bamaze gusambana ariko mu makuru ahwihwiswa, ni uko abo bafashwe basanzwe babana mu ibanga”.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gitego Arthur yatangaje ko kubera ibitego yatangiye atsinda muri Kenya byatumye abakunzi b’ikipe ye batangiye kumusaba gukora ibirenze ibyo Kagere Meddie na Tuyisenge Jacques bahakoze

Rusizi! Umugabo yariwe n’imvubu igeze ku myanya y’ibanga ntiyayirebera izuba -Amafoto