in

Umugabo yatawe muri yombi arimo ashaka uwagura igitsina cy’umusaza yaciye

Muri Afurika y’Epfo haravugwa umugabo wagejejwe mu butabera akurikiranyweho gushaka kugurisha igitsina cy’umusaza w’imyaka 68.

Uyu mugabo wafashwe na Polisi ubwo yageraga mu gace ka Tambo ubwo yajyaga mu guriro gushaka umuguzi.

Polisi ivuga ko, umusaza waciweho ubugabo, arembye ariko akaba arimo gukurikiranwa n’ibitaro yatwawemo igitaraganya.

Naho ushinjwa kumuhohotera akaba yagejejwe mu rukiko rwisumbuye rwa Mthatha ngo akurikiranweho icyaha yakoze.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amarira yari menshi: Abana ba Diamond Platunmz bamusezeye barira

Igikombe cy’Amahoro: Rayon Sports yihimuye kuri Police