in

Umugabo yarase ubugwari bwe mu itangazamakuru

Umugabo witwa Nick  Davis wo muri Leta Zunze Ubumwe za America ,ufite abagore batatu yirase ubugwari bwe mu itangazamakuru avuga uburyo ngo yashatse abagore batatu ndetse bose bajya gukora we akirirwa yiryamiye mu rugo kuko ngo yifata nk’ufite igikombe nta gereranywa cy’abandi bagabo baguwe neza ku isi.

Abagore batatu ba Nick Davis ni April , bahuriye bwa mbere muri kaminuza mu mwaka 15 ishize ,mbere y’uko  baha ikaze mu rugo rwabo uwitwa Jeniffer  waje hashize imyaka 9 Nick na April babana , nyuma April w’imyaka 38 umugore wa mbere wa  Nick akamusaba kuba yazana umugore wa gatatu waje  ari Daniella.

Inkuru dukesha ikinyamakuru The New York Post ikavuga ko ngo Nick Davis yirirwa mu rugo yiryamiye ndetse nta kazi agira mu gihe abagore be bakora umunsi wose  bagataha bakanamwitaho ndetse ko babyishimira nta wugirana ikibazo n’undi.

Nick Davis yavuze ubugwari bwe bw'uko abagore batatu bajya mu kazi akirirwa  yiryamiye
Nick Davis yavuze ubugwari bwe bw’uko abagore batatu bajya mu kazi akirirwa yiryamiye

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore amashusho akomeje guca ibintu y’umuhanzi wahawe inkwenene nyuma yo kuvuga ko Imana yamuhaye ubwiza buhebuje

Umuhanzi AmaG The Black mu isura nshya (AMAFOTO)