in

Umugabo yahagaritse ubukwe igitaraganya bwaburaga iminsi 3 ngo bube kubera ibanga yamenye ku mukobwa

Umugabo yahagaritse ubukwe igitaraganya bwaburaga iminsi 3 ngo bube kubera ibanga yamenye ku mukobwa

Burya mu rukundo ntukwiye kwihererana amabanga yose cyane cyane ayo utekereza ko ashobora kugusenyera.

Umugabo utatangajwe amazina yahagaritse ubukwe igitaraganya nyuma yo kumenya ko umukobwa bagiye kubana afite umwana kandi atarabimubwiye.

Uyu mukobwa yamaze hafi amasaha agera kuri 24 arira bitewe nibyamubaye kandi atabyiyumvishaga ko byamubaho.

Abinyujije mu butumwa umugabo yabwiye umugore ati ” genda ugurishe iyo mpeta kuko ibyange nawe ubu birarangiye, genda uyigurishe amafaranga azavamo sinzayakwaka ahubwo uzayifashishe urere umukobwa wawe”.

Umugore yagerageje gusaba imbabazi gusa ntacyo byatanze kuko umugabo yamubwiye ko atakwihanganira kubana n’umunyabinyoma.

Src:ghbase

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abantu bihishe inyuma y’ikirombe cyagwiriye abantu 6 bari gushakishwa hasi kubura hejuru

Ukuri kose agushyize hanze: Papa Cyangwe yemeye ko yica umuziki kandi ko nta mukunzi agira(video)