in

Umugabo witwa Erik yacukuye akobo mu rugi akajya ajombamo ubugabo bwe gusa bwaje guheramo bisaba ko Polisi y’igihugu itabara

Umugabo yajyanwe mu bitaro igitaraganya nyuma y’uko igitsina cye gifashwe mu mwobo w’urugi yacukuye ngo ajye yishimishe mu gutera akabariro n’umugore we.

Umugabo witwa Erik yashatse gutera akabariro n’umugore we Katie binyuze mu mwobo bacukuye ku rugi ngo uyu mugabo ajye anyuzamo igitsina birangira gifashwemo cyanga kuvamo

Nk’uko Dictionary.com ibivuga,benshi mu bagabo bo mu bihugu byo hanze bakunze gucukura umwobo bita ” glory hole” mu rukuta cyangwa mu rugi,banyuzamo igitsina cyabo kugira ngo bakore imibonano mpuzabitsina mu buryo bwihariye.Mu kiganiro kivuga ku buzima bwabo kuri TLC mu kiganiro cyitwa Sex Sent Me to the ER,bavuze byinshi ku kaga bahuye nako.

Erik yavuze ko yagize iki gitekerezo arangije acukura umwobo ku rugi kugira ngo we n’umugore we bishimishe mu gutera akabariro.

Ubwo uyu mugore yakinishaga igitsina cy’uyu mugabo,ngo cyabaye kinini kiruta uyu mwobo uyu mugabo yacukuye byatumye ahura n’akaga.

Uyu mugabo yagize ati “Igitsina cyanjye cyaheze mu mwobo w’urugi,ntabwo nigeze ngira uburibwe nkubwo nagize mu buzima bwanjye.

Natunguwe n’ukuntu igitsina cyanjye cyabaye kinini cyane.”

Umugore we Katie yahise atangira kumufasha asiga igitsina cye amavuta atandukanye ya olive na shampoo ngo kinyerere kivemo biranga.

Aba babonye bari kurushwa n’ubusa niko guhamagara imbangukiragutabara ngo ize ibatabare.

Abaganga barahageze bacagagura urugi ndetse bamujyana kwa muganga kugira ngo yitabweho.

Erik yavuze ko ibyamubayeho byamusebeje cyane ndetse ko iyo abatabazi batinda yashoboraga kwangirika.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abajura ntibagitinya kwiba mu nzu y’Imana! Ababikira b’i Tumba basanze ibikoresho by’ari muri Chappelle basengeramo byibwe

Itangazo rya RURA ku bantu bashaka gutangira kujya batwara abagenzi mu buryo bwa rusange muri za Gare zo mu Mujyi wa Kigali