in

Umugabo w’imyaka 32 yasindishije umwana w’imyaka 16 ubundi ajya kumusambanyiriza mu rusengero none ibigiye kuba kuri uwo mugabo ni akaga kuko Nyina w’umwana yariye karungu

Umugabo w’imyaka 32 yasindishije umwana w’imyaka 16 ubundi ajya kumusambanyiriza mu rusengero none ibigiye kuba kuri uwo mugabo ni akaga kuko Nyina w’umwana yariye karungu

Muri Leta ya Ogun iherereye mu majyepfo y’iburengerazuba bwa Nigeria, humvikanye inkuru y’umugabo w’imyaka 32 wasambanyije umwana w’imyaka 16.

Ubwo uyu mwana w’umukobwa yari ari kumwe na Mama we mu birori ngaruka mwaka butegurwa n’itorero , uyu mugabo witwa Gbenga Kolawole  yajyanye n’uyu mwana bajya mu kabari kari kari aho hafi ajya kumugurira inzoga.

Uyu mugabo yafatiranye umwana amaze gusinda amujyana mu rusengero rwari ruri aho hafi amusambanyirizamo.

Polisi ivuga ko Nyina w’umwana ariwe uwatanze amakuru ndetse ko yababajwe cyane nibyo uwo mugabo yakoreye umwana we. Nyina w’umwana yakomeje avuga ko uyu mugabo ntadafungwa imyaka iri hejuru ya 15 atazatuza.

Umuvugizi wa polisi yavuze ko uwahohotewe yajyanywe mu bitaro bya Ore Ofe kugira ngo ahabwe ubuvuzi  mu gihe ukekwaho icyaha we yafashwe kugira ngo hakorwe iperereza ry’ibanze.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore yahawe icumbi n’inkumi bakundana iza kumufata ari kuyica inyuma n’indi nkumi ifite Nyash [videwo]

Lionel Messi yamuritse Ballon d’Or