in

Umugabo wasinze yarumye ugutwi kwa mugenzi we wari uje guhosha imvururu

Umugabo utuye mu Mudugudu wa ’Abemeramahoro’ uherereye mu Murenge wa Mukarange, yarumwe ugutwi n’umuturage wari wasinze.

Ibi byabaye ubwo uyu Mugabo yajyaga gukiza abari kurwana, nuko bikamuviramo kurumwa ugutwi gice kimwe gihita kivaho.

Iki gice cy’ugutwi kwe cyarumwe nyuma yo kujya guhosha imvururu zari zivutse mu kabari kari hafi y’urugo rwe.

Kuri ubu uyu mugabo warumye ugutwi kwa mugenzi we, afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Mukarange.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uko byari bimeze mu birori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko y’umwana w’umunyamakuru Christelle ukorera RBA (Amafoto)

Amarangamutima y’umugabo wa Bahavu Janet ubwo yabonaga undi mugabo arimo kwambika impeta umugore we