in

Umugabo uvuga ko ari umujyanama wa Meddy byatahuwe ko acuruza amayinite none abo kuri Twitter bari kumuha urw’amenyo, gusa ari no kwigisha isomo ry’ubuzima

Umugabo uvuga ko ari umujyanama wa Meddy yatahuwe ko acuruza amayinite none abo kuri Twitter bari kumuha urw’amenyo, gusa ari no kwigisha isomo ry’ubuzima.

Kazungu Kaboss uvuga ko ari umujyanama wa Meddy yatahuwe n’abakoresha Twitter ko acuruza amayinite mu Byangabo none bari kumuseka.

Uyu mugabo wabaye kimenyabose ubu ari guhabwa urw’amenyo.

 

Nyuma yo kubona ibiri kumuvugwaho nawe ntiyaripfanye, aho yagize ati: “Buriya baratekereje bati, Kazungu Kaboss ahora kuri iyi MIHANDA yadusize muri byose reka tumuteze Imihanda yumve uko aba […] icyonzicyo nzakomeza kubakoma! Mukanya bajye n’ahandi dufite ibikorwa bafotore turakomeza tubanyomoze cyangwa  tubyemere kuko si aha gusa nkorera.”

Yashyigikiwe na benshi kubera ukuntu yakuye amaboko mu mifuka, ati:” Reka mbibutse ikintu rero uyu munsi muge mukura mubitekerezo niba umuntu aza akakabafatana muziko akora akazi gaciriritse. Ese akazi kabi kabaho ni akahe? Ko mutazi gusirimuka mu mutwe. Kazungu Kaboss uzi kwiga neza yakwigiraho.”

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

‘Ibikombe byo muri Uganda agiye ku bimara’ umwana w’umunyarwanda akomeje gutanagrirwa na benshi kubera impano ye idasanzwe(menya byinshi kuri we)

“N’aduhorere kuko n’abakobwa bambara amapantaro” mu ifoto igaragaza B Threy yambaye ingutiya ahagararanye n’umunyamakuru Lucky yatumye abantu amagambo ababana menshi(ifoto)