in

“N’aduhorere kuko n’abakobwa bambara amapantaro” mu ifoto igaragaza B Threy yambaye ingutiya ahagararanye n’umunyamakuru Lucky yatumye abantu amagambo ababana menshi(ifoto)

“N’aduhorere kuko n’abakobwa bambara amapantaro” mu ifoto igaragaza B Threy yambaye ingutiya ahagararanye n’umunyamakuru Lucky yatumye abantu  amagambo ababana menshi(ifoto)

Muri iyi foto umuraperi B Threy yayifotoje ari kumwe n’umunyamakuru wa RBA Lucky Nzeyimana bahagaze muri Studio.

Imyambarire uyu musore yari yambaye yatumye benshi bayivugaho byinshi dore ko yari yambaye ingutiya y’umukara ndetse n’ikote.

B Threy wagaragaye muri iyi myenda ntago yibajijweho cyane kuko afite umugore gusa ubu iyaba ari ingaragu amwe mu mazina yitwa abaryamana bahuje ibitsina niyo aba ari kwitwa.

Gusa bitewe na visiyo tugezemo ashobora kuba yambaye iyi myambarire mu rwego rw’imideli.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo uvuga ko ari umujyanama wa Meddy byatahuwe ko acuruza amayinite none abo kuri Twitter bari kumuha urw’amenyo, gusa ari no kwigisha isomo ry’ubuzima

Ndakuburiye musore nawe mugabo! Niyo waba ukunda umugore cyangwa byo gupfa ntuzamubwire ibi bintu 6