in

Umugabo n’umugore barashinjwa gutwikisha umwana wabo ipasi n’ubundi bugome bamukoze ku myanya y’ibanga

Urukiko rwo muri Nigeria rwakatiye umugabo n’umugore igihano cyo gufungwa imyaka 13 nyuma yo gukorera umwana wabo ubugome burimo kumutwikisha ipasi no kumumena urusenda mu myanya y’ibanga.

Ni nyuma y’aho Polisi y’igihugu itaye muri yombi abo bashakanye bazira gufata nabi umwana wabo w’imyaka 10, Nneoma Nnadi. Abaturanyi bavuga ko abo bashakanye bamukoreye iyicarubozo rikomeye.Bavuga ko uyu mwana Nnadi yateruye murumuna we akaza kumucika akagwa hasi maze , bikaba intandaro yo kumuhohotera.

Nubwo nta gikomere cy’umubiri cyangwa cy’imbere cyatewe n’umwana, bivugwa ko abashakanye bamanutse cyane ku mukobwa kubera ibyabaye bamutwika uruhu bakoresheje ipasi ndetse banamutera umusumari mu mutwe. Bavuga ko binjije urusenda mu gitsina cy’umukobwa maze bamufungira mu musarani kubera ko yanze koza amasahani.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Perezida wa bo yabemereye imodoka yuzuye indaya nibaramuka batsinze imwe mu makipe akomeye mu Butaliyani

“Anita ko wabaye icyuki we, kabaye”Isura nshya ya Anita Pendo yazonze abakoresha Instagram