in

Umufana yapfiriye muri sitade ubwo umukino wari urimbanyije ugeze ku munota wa 17 maze umusifuzi ahita afata icyemezo cyo kuwusubika

Umukino wahuzaga Granada na Athletic Club wahagaritswe ugeze ku munota wa 17 nyuma y’uko umufana wa Granada apfiriye muri Stade ya Nuevo Estadio de Los Cármenes.

Igihe umukino w’aya makipe akina Shampiyona ya Espagne, La Liga, uzasubukurirwaho ntikiramenyekana.

Abakinnyi b’impande zombi bavuye mu kibuga nyuma yiminota 20 ndetse n’abafana nabo basabye kuva kuri stade, gusa ariko Athletic Club yari yamaze gutsinda igitego 1-0, cyabonetse ku munota wa 6.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ari kurya igiti ku manywa na n’ijoro! Umurundi yavuze ibintu biri gukorerwa Nyaxo mu Burundi abantu bagira ubwoba

RIP Nayebare: Umukobwa wigaga mu mwaka wa mbere muri Kaminuza yapfuye arimo akora ikizamini