in

Umubyinnyikazi uzwi ku izina rya Kigali we share yerekanye umukobwa mugenzi we bari mu rukundo

Umubyinnyi Musengayire Yvette wamenyekanye nka Kellyboo, ukunze kugaragara mu mashusho y’indirimbo yamaze kwerekana umukobwa bakundana yemeza ko bamaranye umwaka.

Kellyboo wamenyekanye ubwo yavugaga amagambo Kigali we share ndetse akaba ari mu ndirimbo zitandukanye zakunzwe mu Rwanda.

Mu makuru dukesha bagenzi bacu bo ku gihe nuko uyu mukobwa yatangaje ko yaba ari mu rukundo na mugenzi we .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: imikino ya Primier league irasubitswe

Bwa mbere umugore yabyaye impanga zidahuje ba se nyuma yo kuryamana nabo umunsi umwe