in ,

Umubikira yashyize hasi agakiza ashakana n’umufurere bahuye rimwe gusa

Umubikira witwaga Mary Elizabeth yari abayeho nk’umuntu wiyeguriye Imana, utuje kandi ucecetse,mu cyumba cye cyo mu ngoro y’aba Carmelite mu majyaruguru y’Ubwongereza.

Ariko guhura rimwe n’uyu mufurere nawe wihaye Imana, byarangiye yakiriye ubutumwa butangaje bugira buti:  “Warenga ku itegeko wahawe ukaza tukarushinga?”

Nyuma y’imyaka 24 ari umubikira, uyu mugore yakozwe ku mutima n’uyu mufurere wari wariyemeje kutazigera ashaka na rimwe wabaga ahitwa Preston, Lancashire, bituma yiyemeza kuva mu byizerwa aramushaka.

Icyahuje uyu wahoze ari umubikira n’uyu mufurere witwa Robert, ni uko uyu mugabo yabasuye mu ngoro y’aba Carmelite i Oxford hanyuma uyu mugore ajya kumureba ngo amubaze niba ashaka ibyo kurya.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yateruye umugore we mu bukwe aramucika no hasi ngo poo!!!

Amakuru atari meza ku muhanzi King James wakunzwe abatari bake mu Rwanda