in

Ukuri kose yagushyize kukarubanda: Phil Peter mu buryo bweruye yatangaje ko yavumbuye imigambi mibisha Rocky Kimomo yari amufiteho ndetse n’umuntu wari ubyihishe inyuma 

Ukuri kose yagushyize kukarubanda: Phil Peter mu buryo bweruye yatangaje ko yavumbuye imigambi mibisha Rocky Kimomo yari amufiteho ndetse n’umuntu wari ubyihishe inyuma.

Umuvangamiziki, Umunyamakuru ndetse akaba n’umuraperi ukunzwe cyane hano mu Rwanda Dj Phil Peter yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yatangaje ko Rocky Kimomo yari yanze ko indirimbo ye na Sean Brizz isohoka maze na Jamal Microjeni akamushyigikira.

Ubwo Phil Peter yatangaza aya makuru abarimo Rocky Kimomo ndetse na Jamal Microjeni bagize icyo batangaza gusa mu by’ukuri ushishoje neza usanga aba bombi ntacyo bapfa ahubwo ari amagambo yo gutera urwenya bari barimo.

Bimwe mu byo Rocky Kimomo na Jamal Microjeni bagiye batangaza nyuma yo kubona ibyo Phil Peter yari amaze gutangaza:

Phil Peter na Sean Brizz bari kwitegura gushyira hanze indirimbo yabo nshya.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Burya koko Imana isubiriza igihe”: Mugunga Yves watewe uwi nyuma na APR FC amaze gusinyira ikipe ikomeye cyane hano mu Rwanda abantu batatekerezaga ko yayijyamo

Amakuru agezweho: Hasohotse inkuru idashimishije ku bantu bifuzaga kwitabira igitaramo gisoza “Giants Of Africa” kizitabirwa n’ibyamamare muri muzika ku Isi