in

Amakuru agezweho: Hasohotse inkuru idashimishije ku bantu bifuzaga kwitabira igitaramo gisoza “Giants Of Africa” kizitabirwa n’ibyamamare muri muzika ku Isi

Amakuru agezweho: Hasohotse inkuru idashimishije ku bantu bifuzaga kwitabira igitaramo gisoza “Giants Of Africa” kizitabirwa n’ibyamamare muri muzika ku Isi.

Igitaramo gisoza “Giants Of Africa” biteganyijwe ko kizaba tariki 19 Kanama 2023 muri BK Arena aho binateganyijwe ko kizaririmbamo abahanzi bakomeye cyane muri Afurika barangajwe imbere na Davido na Tiwa Savage bombi bo muri Nigeria, Tyla wo muri Afurika y’Epfo ndetse na Kizigenza Bruce Melodie.

Ubu hamaze gusohoka amakuru atari meza ku bantu bifuzaga kwitabira iki gitaramo ariko bakaba batari bakagura amatike yo kwinjira muri iki gitaramo dore ko hamaze gusohoka inkuru ivuga ko amatike yo yose yo kwinjira muri iki gitaramo yashije ku isoko ubwo abatari bakayagura bakaba bihomboye.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ukuri kose yagushyize kukarubanda: Phil Peter mu buryo bweruye yatangaje ko yavumbuye imigambi mibisha Rocky Kimomo yari amufiteho ndetse n’umuntu wari ubyihishe inyuma 

Afite ingona mu mufuka! Hamenyekanye impamvu yatumye Isimbi yirukanywa muri Kigali Boss Babes