in

Uku niko bigendekera umubiri wawe iyo wariye ibiryo birimo urusenda rwinshi

Hari abavuga ko kurya urusenda bitera apeti ,rimwe na rimwe bakanavuga ko kurya urusenda bigira umumaro urimo no kurwanya umubyibuho ukabije ,ariko kandi twifashishije inkuru y’ikinyamakuru cyandika ku birebana n’ubuzima The Health Site ,cyashyize hanze urutonde rw’ibikubaho iyo uriye urusenda rwinshi.

Niba rero ukunze kurya urusenda rwinshi ,ibi nawe ushobora kuba ujya uhura nabyo ariko ntusobanukirwe ikibitera , bikaba byaba byiza uramutse uhisemo kurya urusenda rucye kandi nabwo rimwe na rimwe :

  • Kocyera k’umutima no kuribwa munda

  • Guhitwa  (wocyera)

  • Gusaduka ku minwa

  • Gutakaza ubushobozi bwo kumva uburyohe ku rurimi 

  • Kubira ibyuya bya hato na hato

  • Kuribwa umutwe

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sam Karenzi yatungauye benshi nyuma yo gutangaza impamvu 2 zingenzi zituma ahereza amahirwe u Rwanda yo gutsinda Benin

Emery Bayisenge yamaze kwakirwa nk’umukinnyi mushya w’ikipe ikina CAF Champions League itozwa na Jonathan McKinstry wigeze gutoza Amavubi