in

Emery Bayisenge yamaze kwakirwa nk’umukinnyi mushya w’ikipe ikina CAF Champions League itozwa na Jonathan McKinstry wigeze gutoza Amavubi

Kuri uyu wa Gatatu tariki 29 Werurwe 2023 nibwo ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya ikomeye hano muri Afurika, yamaze gutangaza ko myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi Emery Bayisenge nk’umukinnyi wayo mushya.

Mu itangazo iyi kipe yanyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo, rigira riti “Tunejejwe no kubamenyesha umukinnyi wacu mushya Emery Bayisenge wo mu Rwanda.”

Iyi kipe isanzwe igera kure mu irushanwa rya CAF Champions League, itozwa na Jonathan Bryan McKinstry wahoze unatoza Emery mu ikipe y’igihugu Amavubi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uku niko bigendekera umubiri wawe iyo wariye ibiryo birimo urusenda rwinshi

Cyakora uwo mwana waramubyinishije ntiwabuze byose, Abantu bacitse ururondogoro nyuma yo kubona amashusho ya Keza Terisky abyina nta kujenjeka kandi yari atwite(Videwo)