in

Ujya unywa amazi ako kanya ugiye kurya cyangwa ako kanya ukimara kurya? Dore igisubizo cyanyacyo kibizakubaho 

Ubushakashatsi bwagaragaje ko kunywa amazi ugiye kurya ako kanya cyangwa ukayanywa ukimara kurya ako kanya ko bigira ingaruka zihambaye ku mubiri wa muntu.

Igihe cyose ukurikiranyije amazi ndetse n’ibiryo iyo bigeze mu nda birivanga byose bigahinduka amazi, bityo bigatuma intunga mubiri wagombaga kuronka muri ibyo biryo utazibona. byo ni bimwe mu bitera indwara zo mu nda bikaba byagutera guhitwa.

Ndetse bino nibyo bituma abantu bamwe na bamwe badafite abasirikare bahagije mu mubiri waho barwaragurika ndetse ntibiyongere no ku mubiri.

Ubushakashatsi bukomeza buvuga ko byibuza renzaho iminota 30 igihe wanywe amazi mbere yo kurya ndetse urenzeho indi 30 igihe umaze kurya mbere yo kunywa amazi.

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kabaye Dogiteri Nsabi yahinduye ikoti: Killa Man na Dr Nsabi bagaragaye mu myambaro idasanzwe maze imyambarire ya Nsabi ivugisha benshi (video)

Yatahiye kwambara ikote! Umunyarwenya Bamenya yatashye imbokoboko kandi yari yaje yabyambariye (AMAFOTO)