Umunyamakuru Murindahabi Irene wamamaye nka M. Irene yasamiwe mu kirere nyuma yo gutangaza uburyo ari kwiyumva.
Yifashishije imbuga nkoranyambaga ze zigi zitandukanye M Irene yanditse ati: “Ndumva isesemi inyishe. Mana tabara this is too much.”
Nyuma yo kwandika ibyo ntawamenye impamvu ya byose ahubwo bamwe bagiye bacyeka izabo, aho hari ababihuje n’amashusho ya Moses ndetse abandi bo bamubaza niba atwite.



