in

Rayon Sports yanze kwiruka inyuma ya Apr Fc ni uko ishuka Kiyovu Sports bakatisha iy’amajyepfo

Kubera imirimo yo kuvugurura sitade ya Kigali i Nyamirambo, amakipe yose yahakiriraga imikino yayo yahisemo kujya gushaka ahandi kuko iki kibuga cyizaba gifunze kubera imirimo yo kucyivugurura izaba iri kuhabera.

Amakipe yose yahise ajya kubyiganira ku kibuga cyo mu Karere ka Bugesera, aho hagiyeyo Apr FC, Gasogi United .

Rayon Sports yo ntabwo yigeze ijya aho nk’izindi ahubwo yamanutse iy’amajyepfo ijya mu Karere ka Muhanga ijya gusaba ikibuga, si Rayon Sports yamanutse yonyine ahubwo yajyanye na Kiyovu Sports.

Police Fc na As Kigali nazo zagiye gusaba ko zazajya zikinira i Bugesera.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Aisha yatangaje ko yamaze guha gasopo Gahongayire ku mugabo we ndetse anavuga ku mashusho ya Moses arimo aca ibintu

“Ubwo uratwite” Umunyamakuru M. Irene yasamiwe mu kirere nyuma yo gutangaza uburyo ari kwiyumva