in

Ubusambayi mu rubyiruko bwafasha indi ntera ku buryo udukingirizo miliyoni 4 ntaho tubakora

Ubusambanyi bumaze gufata indi ntera mu rubyiruko, kugeza ubwo udukingirizo terenga miliyoni enye dutangirwa ubuntu twabaye y’iyanga ndetse amakuru avuga ko dushira umwaka ntaho uragera.

By’umwihariko urubyiruko ruza ku isonga mu bahura n’ ingaruka ziterwa no kwishora mu busambanyi bakiri bato, imibare igaragaza ko abatarageza y’imyaka 24 ari bo bakunze kwishora mu mibonano mpuzabitsina, muri bo ibihumbi 2.992 bafata imiti igabanya ubwandu bw’abakoko gatera SIDA

Umukozi ushinzwe urubyiruko muri AIDS HeaLth Care Foundation, Bikorimana avuga ko hari umushinga uri gukorera mu turere 11 uri gutanga udukingirizo mu mavuriro 29 yo muri utwo turere hagamijwe gukumira ubwandu bushya mu rubyiruko.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nta mugabo usaza atabonye, dore ifoto igaragaza ko Platin yatekewe imitwe n’umugore we mbere y’ubukwe

Shaddy Boo yahaye ukuri abarundi bahagaritse indirimbo zirimo ‘Akinyuma’ yagaragayemo