in

Shaddy Boo yahaye ukuri abarundi bahagaritse indirimbo zirimo ‘Akinyuma’ yagaragayemo

Ikimenyabose ku mbuga nkoranyambaga Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddyboo yavuze ko kuba Leta y’u Burundi yahagaritse zimwe mu ndirimbo z’abanyarwanda n’abarundi ari amavamuhira kuko no mu Rwanda bigeze kubigerageza ariko birashira, ahamya ko nabo bizashira.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, yagize ati “Ibyo Abarundi bari kwigira natwe byigeze biba , gusa biraza gushira byose ni amavamuhira na abanyamerika baratuje”.

Mu ndirimbo zahagaritswe harimo “Akinyuma” ya Bruce Melodie igaragaramo uyu mubyeyi w’abana babiri yabyaranye na Meddy Saleh.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubusambayi mu rubyiruko bwafasha indi ntera ku buryo udukingirizo miliyoni 4 ntaho tubakora

Ibiganiro biragwira: Umunyamakuru Murindahabi Irene yaganiriye n’umuntu mu buryo butangaje (video)