in

Uburyo wakoresha kugirango umukobwa ntakurambirwe igihe muri kuganira mukaba mwara n’amasaha 5 mukiganira

Uburyo wakoresha kugirango umukobwa ntakurambirwe igihe muri kuganira mukaba mwara n’amasaha 5 mukiganira

Akenshi hari ubwo usanga umusore agiye kuganiriza umukobwa ariko ntibamare n’iminota 5 byibuza bari kuganira. Gusa hari uburyo ushobora gukoresha mukagirana ikiganiro kirekire.

1.Jya umubaza ibibazo, kubaza ibibazo bya hato na hato cyane ibyerekeye ubuzima cyangwa se urukundo, ni uburyo bwiza bwo gutuma ikiganiro cyanyu kiramba.

2. Jya umubwira inkuru, abakobwa bari mu bantu bakunda kumva inkuru zabaye cyane, byaba byiza umubwiye inkuru z’ubuzima cyangwa z’urukundo.

3. Jya umusetsa, abakobwa burya bakunda n’inkuru zisekeje.

4. Jya umutega amatwi umwumve, kumva umuntu, ukamwereka ko umwitayeho ni uburyo bwiza butuma ikiganiro kiramba.

5. Ba wowe ubwawe! Ntukigereranye n’umuntu utari we, jya wivuga uko uri utishyira ku rwego utariho.

6. Ntukabe umuhakanyi ! Abakobwa burya banga abantu bahora bahakana.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Baraza kwesurana ivumbi ritumuke! Dore 11 impande zombi zishobora kubanza mu kibuga hagati ya APR FC na Rayon Sport

Muzamuryozwa! Platini P yatanze gasopo ku mwana we