in

Ubumenyi muri kaminuza bwabaye kuryamana, abanyeshuri barinubira ruswa y’igitsina bakwa n’abarimu babigisha

Bamwe mu banyeshuri baganiriye na Monitor bagaragaje ko barambiwe abarimu babaka ruswa y’igitsina kugira ngo babahe amanota.

Umwe yagize ati “Ni ihohoterwa rishingiye ku gitsina kandi ni na ruswa. Tumaze kurambirwa abarimu badusaba kuryamana na bo kugira ngo baduhe amanota.”

Yakomeje avuga ko abarimu bafite ingeso yo kwima abanyeshuri amanota ahubwo bakabasaba ko bajyana ahantu hihariye hafi ya kaminuza kugira ngo babasambanye.

Ati “Iyo umwarimu agushaka akora ibishoboka byose ukagira amanota ubura, iyo uyabuze ukamwandikira kuri WhatsApp umubaza, ahita agusaba ko mwahura mugakemura icyo kibazo.”

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rubavu: Umwe muri za nsoresore ziyise abuzukuru ba shitani hari ibyamubayeho biha isomo abandi bakoranaga ubugizi bwa nabi

Nawe yahasesekaye! Wa musore w’ikipe y’igihugu Amavubi usanzwe ukina muri Lille yo mu Bufaransa yamaze gusesekara i Nyarugenge – AMAFOTO