in

Ubukwe cyangwa indirimbo y’ubukwe? Mu ibanga rikomeye The Ben yagaragaye yiheraranye na Noopja waririmbye «murabeho ndagiye» bari gupanga ikintu gikomeye cyane (Amafoto) 

Ubukwe cyangwa indirimbo y’ubukwe? Mu ibanga rikomeye The Ben yagaragaye yiheraranye na Noopja waririmbye «murabeho ndagiye» bari gupanga ikintu gikomeye cyane (Amafoto)

Ku munsi wejo umuhanzi The Ben yagaragaye ari kumwe na Noopja nyiri country record basa nkabari gupanga ikintu gikomeye cyane, biyicariye ahantu hiherereye.

Aya mafoto agisohoka abantu batekeje byinshi cyane bibaza icyo aba babiri baba bari gupanga gukora. Ese The Ben na Noopja baba bari gutegura indirimbo y’ubukwe bwa The Ben? Cyangwa se baba bari muri gahunda z’ubukwe?.

Gusa amahirwe menshi nuko The Ben yaba ari gutegura indirimbo y’ubukwe kuko Noopja ari umwe mu babimufashamo. Gusa ntawamenya reka twitege byinshi kuri ubu bukwe bwa The Ben na Pamella.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ni ikihe kintu kizamurwa iyo imvura imanutse?

Yabenze APR FC yamuhaga ibya Mirenge ku ntenyo! Mu masaha make Bigirimana Abed araba ari mu Rwanda kurangizanya n’ikipe ya Rayon Sports